Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles [KNC], yatangaje ko yizeye gutsinda Rayon Sports ndetse ko azayitsinda ibitego 2-1, mu mukino bazahuriramo kuri uyu wa Gatandatu. Yabitangaje kuri ...
Guverinoma y’u Rwanda yahaye iya Zimbabwe toni 1000 za kawunga mu kuyifata mu mugongo nyuma yo kwibasirwa n’inkubi y’umuyaga wa El Nino ugateza amapfa. Iyi nkunga yatanzwe kuri uyu wa Kane na ...
Abana babiri bapfiriye mu mpanuka y’imodoka yari itwaye abanyeshuri yaguye mu Mugezi wa Cyongoroka hafi y’Agantere ka Kamabuye mu Kagari ka Ntendezi mu Murenge wa Ruharambuga mu Karere ka Nyamasheke.
Mukabalisa Donatille wari Perezida w’Umutwe w’Abadepite muri manda yacyuye igihe, yatorewe kuba Umusenateri ahagarariye Ihuriro ry’Imitwe ya Politiki yemewe mu Rwanda. Ni amatora yabaye kuri uyu wa ...
Perezida Paul Kagame yatangaje ko kugeza umuriro w’amashanyarazi ku Banyarwanda no hirya no hino mu gihugu byabaye imbarutso y’iterambere rishingiye ku ishoramari ryaba iry’imbere mu gihugu cyangwa ...
Hari abashoramari b'abanyamahanga bishimira uburyo u Rwanda ruborohereza igihe bifuza kohereza amafaranga y'inyungu aba yaturutse mu ishoramari ryabo mu Rwanda. Aba bavuga ko ari kimwe mu bibatera ...
Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB rwasabye abantu bose gutangira ku gihe amakuru ku bakora ihohoterwa rishingiye ku gitsina, no kubungabunga ibimenyetso bifasha abahohotewe kubona ubutabera.
Sosiyete Nyarwanda y'Ubwikorezi bwo mu Kirere, RwandAir, yatangaje ko igiye guhagarika ingendo ziva n'izijya mu Mujyi wa Cape Town muri Afurika y'Epfo. Ni icyemezo cyatangajwe kuri uyu wa Kabiri, ...
Imyaka 5 irashize amatara yakoreshwaga kuri Stade Umuganda ajyanwe i Huye ndetse kuva icyo gihe nta mukino urakinirwa mu Karere ka Rubavu mu ijoro. Abatuye i Rubavu basabye ubuvugizi ngo iki kibazo ...
APR FC yanganyije na Pyramids FC igitego 1-1 mu mukino ubanza w'ijonjora rya kabiri rya CAF Champions League, irushanwa ...
Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Aline Gahongayire, yavuze ko amagambo n’ibindi bica ntege ahura na byo bimwubakamo imbaraga zo gukora byiza kandi byinshi kurushaho aho kumuca ...
Perezida Kagame yagaragaje ko politiki, idini n’umuco bisobanuye byinshi mu buzima bw’abatuye Isi ariko by’umwihariko bikaba byaragize uruhare rukomeye mu kubaka u Rwanda rwari rwarasenyutse ndetse ...