Bamwe mu bafite ubumuga bwo kutabona bavuga ko gukoresha ikoranabuhanga mu buzima bwabo bwa buri munsi bikomeje kubahindurira ubuzima, harimo no kubaha urumuri rubafasha kwitezimbere muri gahunda zose ...
Abantu 27 batangiye urugendo rw’ibirometero 6470 bakoresheje amagare muri bimwe mu bihugu bigize Umuryango wa Aurika y’Iburasizuba, batanga ubutumwa bwo kubungabunga ibidukikije no guharanira umuco ...
Abatuye mu Karere ka Rubavu biganjemo abakora ingendo nyambukiranyamupaka wa Rubavu-Goma batangiye guhabwa inkingo za Mpox. Abazihawe barashimira Leta y’u Rwanda yabegereje inkingo kuba bagaragaza ko ...
Guverineri w'Intara y'Amajyaruguru, Mugabowagahunde Maurice yitabaje abagore bo muri iyi Ntara ngo bafashe mu kurandura ikibazo cy'igwingira mu bana gikomeje kwambika isura mbi iyi Ntara y'am, aho ...
Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles [KNC], yatangaje ko yizeye gutsinda Rayon Sports ndetse ko azayitsinda ibitego 2-1, mu mukino bazahuriramo kuri uyu wa Gatandatu. Yabitangaje kuri ...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente avuga ko abanyeshuri biga mu Ishuri Rikuru ry’Ubuhinzi n’Ubworozi butangiza Ibidukikije (RICA), bahavana ubumenyi n'ubushobozi bwo gukora ibikenewe mu guteza ...
Bamwe mu batuye mu Mujyi wa Kigali bavuga ko ikiguzi cyo gushyingura gikomeje gutumbagira biturutse ku guhenda kw’ikuguzi cy’imva, isanduku, gukodesha imodoka itwara umurambo n’imihango irimo gukaraba ...
Abana babiri bapfiriye mu mpanuka y’imodoka yari itwaye abanyeshuri yaguye mu Mugezi wa Cyongoroka hafi y’Agantere ka Kamabuye mu Kagari ka Ntendezi mu Murenge wa Ruharambuga mu Karere ka Nyamasheke.
Guverinoma y’u Rwanda yahaye iya Zimbabwe toni 1000 za kawunga mu kuyifata mu mugongo nyuma yo kwibasirwa n’inkubi y’umuyaga wa El Nino ugateza amapfa. Iyi nkunga yatanzwe kuri uyu wa Kane na ...
Abatuye mu Murenge wa Bugarama mu Karere ka Rusizi bagaragaje ko gushyira hamwe no kudasiganira kwita ku isuku n'isukura, ari byo byatumye bagera ku isuku ihagaragara muri iki gihe. Ibi byanatumye ...
Perezida Paul Kagame yatangaje ko kugeza umuriro w’amashanyarazi ku Banyarwanda no hirya no hino mu gihugu byabaye imbarutso y’iterambere rishingiye ku ishoramari ryaba iry’imbere mu gihugu cyangwa ...
Perezida Kagame yavuze ko we n’abandi Banyarwanda benshi, amateka mabi yagejeje u Rwanda kuri Jenoside yakorewe Abatutsi, yabigishije kandi amasomo yayavanyemo amufasha iyo ashyira mu bikorwa ...