Abatuye mu Karere ka Rubavu biganjemo abakora ingendo nyambukiranyamupaka wa Rubavu-Goma batangiye guhabwa inkingo za Mpox. Abazihawe barashimira Leta y’u Rwanda yabegereje inkingo kuba bagaragaza ko ...
Guverineri w'Intara y'Amajyaruguru, Mugabowagahunde Maurice yitabaje abagore bo muri iyi Ntara ngo bafashe mu kurandura ikibazo cy'igwingira mu bana gikomeje kwambika isura mbi iyi Ntara y'am, aho ...
Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles [KNC], yatangaje ko yizeye gutsinda Rayon Sports ndetse ko azayitsinda ibitego 2-1, mu mukino bazahuriramo kuri uyu wa Gatandatu. Yabitangaje kuri ...
Guverinoma y’u Rwanda yahaye iya Zimbabwe toni 1000 za kawunga mu kuyifata mu mugongo nyuma yo kwibasirwa n’inkubi y’umuyaga wa El Nino ugateza amapfa. Iyi nkunga yatanzwe kuri uyu wa Kane na ...
Abana babiri bapfiriye mu mpanuka y’imodoka yari itwaye abanyeshuri yaguye mu Mugezi wa Cyongoroka hafi y’Agantere ka Kamabuye mu Kagari ka Ntendezi mu Murenge wa Ruharambuga mu Karere ka Nyamasheke.
Mukabalisa Donatille wari Perezida w’Umutwe w’Abadepite muri manda yacyuye igihe, yatorewe kuba Umusenateri ahagarariye Ihuriro ry’Imitwe ya Politiki yemewe mu Rwanda. Ni amatora yabaye kuri uyu wa ...
Perezida Paul Kagame yatangaje ko kugeza umuriro w’amashanyarazi ku Banyarwanda no hirya no hino mu gihugu byabaye imbarutso y’iterambere rishingiye ku ishoramari ryaba iry’imbere mu gihugu cyangwa ...
Hari abashoramari b'abanyamahanga bishimira uburyo u Rwanda ruborohereza igihe bifuza kohereza amafaranga y'inyungu aba yaturutse mu ishoramari ryabo mu Rwanda. Aba bavuga ko ari kimwe mu bibatera ...
Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB rwasabye abantu bose gutangira ku gihe amakuru ku bakora ihohoterwa rishingiye ku gitsina, no kubungabunga ibimenyetso bifasha abahohotewe kubona ubutabera.
APR FC yanganyije na Pyramids FC igitego 1-1 mu mukino ubanza w'ijonjora rya kabiri rya CAF Champions League, irushanwa ...
Imyaka 5 irashize amatara yakoreshwaga kuri Stade Umuganda ajyanwe i Huye ndetse kuva icyo gihe nta mukino urakinirwa mu Karere ka Rubavu mu ijoro. Abatuye i Rubavu basabye ubuvugizi ngo iki kibazo ...
Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Aline Gahongayire, yavuze ko amagambo n’ibindi bica ntege ahura na byo bimwubakamo imbaraga zo gukora byiza kandi byinshi kurushaho aho kumuca ...